ITANGAZO rya POLICE y’u Rwanda (RNP) rimenyesha Gahunda yo kwiyandikisha kubifuza gukorera Impusahya za burundu zo gutwara Ibinyabiziga 2022

Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

ITANGAZO rya POLICE y’u Rwanda (RNP) rimenyesha Gahunda yo kwiyandikisha kubifuza gukorera Impusahya za burundu zo gutwara Ibinyabiziga 2022

POLISI Y’U RWANDA                                                                                                      02 Ukuboza 2022

ISHAMI RISHINZWE IBIZAMINI NO

GUTANGA IMPUSHYA ZO GUTWARA IBINYABIZIGA

P.O.BOX 6304 KIGALI

ITANGAZO

  1. Ishami rya Polisi rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga riramenyesha abantu bifuza gukorera uruhushya rw’agateganyo (ku mpapuro), uruhushya rwa burundu n’urwisumbuye ko kwiyandikisha mu buryo buhoraho bizatangira kuwa Gatandatu tariki ya 03 Ukuboza 2022 saa Cyenda z’amanywa (15h00′). Kwiyandikisha bizakorwa munyuze ku rubuga www.irembo.gov.rw .
  2. Abiyandikishije bazatangira gukora ibizamini kuva tariki 12 Ukuboza 2022. Barasabwa kubahiriza amatariki yo gukoreraho ibizamini basabye, kandi bakajya aho ibizamini bikorerwa bitwaje indangamuntu y’umwimerere, icyangombwa gisimbura indangamuntu cyangwa pasiporo ntibizemerwa. Bagomba kandi kuba bagaragaza ko bikingije COVID-19 byuzuye kugira ngo bemererwe kwinjira ahakorerwa ibizamini.

3.Ikizamini gitangira saa mbiri za mu gitondo, abiyandikishije bagomba kubahiriza isaha yo gutangiriraho ikizamini. Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara izi nomero: 118/0788311553/0788311570.

ACP Steven RUKUMBA

KOMISERI W’ISHAMI RYA POLISI RISHINZWE

IBIZAMINI NO GUTANGA IMPUSHYA ZO

GUTWARA IBINYABIZIGA

 


SABA UBUFASHA BWO KWIYANDIKISHA MURI IKI GIKORWA BYIHUSE: 

Koresha buto zikurikira mugusaba iyi Serivisi yo kwiyandikisha: 
 
 
Share this to colleagues
Facebook
Twitter
LinkedIn
Pinterest
Pocket
WhatsApp

Never miss any important news. Subscribe to our newsletter.

Related News

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Never miss any important news. Subscribe to our newsletter.

Recent News

Editor's Pick